M23 muri gahunda yo kwisubiza uduce Yari yarasigiye EACRF

0

Lorem ipsum dolor sit amet,sed diam nonumy eirmod tempor invidunt ut labore et dolore magna aliquyam erat, At vero eos et accusam et justo duo dolores et ea rebum. Lorem ipsum dolor sit amet, no sea takimata sanctus est Lorem ipsum dolor sit amet. Stet clita kasd gubergren, no sea takimata sanctus est Lorem ipsum dolor sit amet. no sea takimata sanctus est Lorem ipsum dolor sit amet. no sea takimata sanctus est Lorem ipsum dolor sit amet. sed diam voluptua.

Inyeshyamba za M23 zatangaje ko zihita zisubiza ibice zari zaravuyemo kugira ngo bijyemo ingabo z’umuryango w’ibihugu by’akarere mu burasirazuba bwa DR Congo aho izo ngabo zari zimaze umwaka zaroherejwe mu butumwa bwo gushaka amahoro.

Ku cyumweru igice cya mbere cy’izo ngabo kigizwe n’abasirikare 300 ba Kenya cyavuye mu birindiro cyakoreragamo gifatira indege i Goma kirataha. Urwego rukuriye izi ngabo rwatangaje ko abasirikare ba Kenya bakomeza gutaha mu byiciro.

Izi ngabo zizwi nka EACRF ziri kuva muri DR Congo nyuma y’inama y’abakuru b’ibihugu by’akarere yabaye mu kwezi gushize i Arusha yanzuye ko izo ngabo zitongererwa indi manda.

Izi ngabo zagiye zinengwa na leta ya Kinshasa ko ntacyo zakoze mu kurwanya umutwe wa M23.

Amahoronews.com

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *